MU Rwanda
Nyamagabe: Abafatabuguzi ba WASAC ntibavuga rumwe ku nyemezabwishyu...
Bamwe mu bafatabuguzi ba WASAC ntibari kuvuga rumwe nyuma yaho abakozi b'iki kigo babahereye inyemezabwishyu ziriho amafaranga menshi...
Kirehe: Abakobwa bari mu mashuli barasaba gushyirirwaho...
Abakobwa bo mur’aka karere, by'umwihariko abari mu mashuri, barasaba ko mu bigo by'amashuri hashyirwaho ihuriro ryabo bakajya barihuriramo...
Guterwa inda bakiri bato ni kimwe mu bibazo abana b'abakobwa...
Kuri uyu wa Gatatu hizihijwe umunsi mpuzamahanga wahariwe umwana w’umukobwa, u Rwanda rugaragaza ko rwateje imbere abakobwa ariko...
Umukobwa wabyaye n'abafite ubumuga bemerewe kujya mu nzego...
Umuryango Nyarwanda uteza imbere umugore binyuze muri siporo (AKWOS) mu ntego zabo bakoreraho bashingiye ku ntego nyamukuru y’umwanzuro...
Musanze:Ubwumvikane buke bw’abigisha gutwara ibinyabiziga...
Ikorwa ry’ibizamini kubakorera impushya zo gutwara ibinyabiziga byari byahagaritswe n’ubwumvukane buke bw’abigisha gutwara imodoka...
Ibiyobyabwenge biri mu bitera uburwayi bwo mu mutwe
Mu gihe isi yose yizihizaga umunsi mpuzamahanga wahariwe ku kwita ku buzima bwo mu mutwe, u Rwanda narwo rugaragaza ko abafite ibibazo...
Guhuriza hamwe imbaraga ku gufasha uwahuye n'ihohoterwa...
Guhera kuri uyu wa kabiri i Kigali hateraniye inzego zitandukanye zirimo urwego rw’ubugenzacyaha RIB, Isange one stop centre, abo...
Rwanda Revenue Authority irasaba abafite TIN batagikoresha...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro cyatangije ukwezi ngarukamwaka kw’abasora aho gifata iminsi itatu kikakira abakiriya...
RIB iraburira abitwaza ijambo ry'Imana bakambura abantu...
Nyuma y’uko bigaragaye ko hari bamwe mu biyita abakozi b’Imana bitwaza ijambo ryayo bagacucura abaturage bakoresheje uburiganya, urwego...
Rutsiro:Bahangayikishijwe itsinda ry’abanyarugomo riri...
Abaturage bo mu kagali ka KABUJENJE bagerereye mu murenge wa Kivumu, baravuga ko bahangayikishijwe nuko hari itsinda ry’abanyarugomo...
Kiny
Eng
Fr





