MU Rwanda

Ngoma:Huzuye igice cya mbere cya gare y’Akarere cyatwaye...

Hatashywe gare nshya y’Akarere yubatse mu mujyi wa Kibungo imaze amezi 10 yubakwa. Igice cya gare cyatashwe ni icya mbere cyuzuye...

Nyamagabe: Barasaba abajyanama b’Akarere kubegera bitari...

Bamwe mu baturage barasaba ko abajyanama b’Akarere kujya babegera kenshi bakabagezaho ibyifuzo, aho kubaheruka mu matora babasaba...

Rwamagana: Hashyizweho gahunda yiswe ‘Magirirane mu Isibo’...

Abatuye Umurenge wa Munyaga wo mur’aka karere bashyizeho agashya bise Magirirane mu Isibo kagamije guhangana n’ibibazo by’isuku nke...

Abatangije ubukerarugendo mu Bigogwe barasaba ubufasha...

Mu nzuri za Gishwati ahazwi nko mu Bigogwe ahakorerwa ubukerarugendo bushingiye ku murage w’amata n’inka zaho, abahaturiye n’abahatangirije...

Rubavu: Abanyoye imyanda mu gihe cy'ibiza barasaba ko bahabwa...

Abagize uruhare mu kurohora abantu n'abari barohamye mugihe cy'ibiza baravuga ko bahangayikishijwe nuko hari abamize imyanda yo mu...

Nyarugenge: Hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 20 y'abazize...

Kuri uyu wa 2, mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali bashyinguwe mu cyubahiro imibiri 20 y'abazize Jenoside yakorewe Abatutsi...

Nyamagabe: Abaturage barasabwa kubyaza umusaruro imyuga...

Ubuyobozi bw’Akarere ka buravuga ko imirimo yo mu biro igenda igabanuka, bugasaba abaturage kubyaza umusaruro amahirwe igihugu cyabahaye,...

Iburasirazuba: Hari abafite ubumuga batabona insimburamubyizi...

Abafite ubumuga mu ntara y’Iburasirazuba baravuga ko amafaranga ahabwa abitabira inama nk’insimburamubyizi batajya bayahabwa kandi...

Musanze: Abafite ababo bashyinguye mu irimbi rya Kinigi...

Abafite ababo bashyinguye mu irimbi rya Kinigi baravuga ko batewe agahinda nuko hari abarigize nk'urwuri kuko barimo abahazirika amatungo...

Umushinga wo kubyaza imyanda ikusanywa uracyabangamiwe...

Abadepite mu nteko nshingamategeko y’u Rwanda baravuga ko nubwo  umushinga wo kubyaza umusaruro imyanda ikusanywa witezweho gukemura...

MU Rwanda

Ngoma:Huzuye igice cya mbere cya gare y’Akarere cyatwaye...

Hatashywe gare nshya y’Akarere yubatse mu mujyi wa Kibungo imaze amezi 10 yubakwa. Igice cya gare cyatashwe ni icya mbere cyuzuye...

Nyamagabe: Barasaba abajyanama b’Akarere kubegera bitari...

Bamwe mu baturage barasaba ko abajyanama b’Akarere kujya babegera kenshi bakabagezaho ibyifuzo, aho kubaheruka mu matora babasaba...

Rwamagana: Hashyizweho gahunda yiswe ‘Magirirane mu Isibo’...

Abatuye Umurenge wa Munyaga wo mur’aka karere bashyizeho agashya bise Magirirane mu Isibo kagamije guhangana n’ibibazo by’isuku nke...

Abatangije ubukerarugendo mu Bigogwe barasaba ubufasha...

Mu nzuri za Gishwati ahazwi nko mu Bigogwe ahakorerwa ubukerarugendo bushingiye ku murage w’amata n’inka zaho, abahaturiye n’abahatangirije...

Rubavu: Abanyoye imyanda mu gihe cy'ibiza barasaba ko bahabwa...

Abagize uruhare mu kurohora abantu n'abari barohamye mugihe cy'ibiza baravuga ko bahangayikishijwe nuko hari abamize imyanda yo mu...

Nyarugenge: Hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 20 y'abazize...

Kuri uyu wa 2, mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali bashyinguwe mu cyubahiro imibiri 20 y'abazize Jenoside yakorewe Abatutsi...

Nyamagabe: Abaturage barasabwa kubyaza umusaruro imyuga...

Ubuyobozi bw’Akarere ka buravuga ko imirimo yo mu biro igenda igabanuka, bugasaba abaturage kubyaza umusaruro amahirwe igihugu cyabahaye,...

Iburasirazuba: Hari abafite ubumuga batabona insimburamubyizi...

Abafite ubumuga mu ntara y’Iburasirazuba baravuga ko amafaranga ahabwa abitabira inama nk’insimburamubyizi batajya bayahabwa kandi...

Musanze: Abafite ababo bashyinguye mu irimbi rya Kinigi...

Abafite ababo bashyinguye mu irimbi rya Kinigi baravuga ko batewe agahinda nuko hari abarigize nk'urwuri kuko barimo abahazirika amatungo...

Umushinga wo kubyaza imyanda ikusanywa uracyabangamiwe...

Abadepite mu nteko nshingamategeko y’u Rwanda baravuga ko nubwo  umushinga wo kubyaza umusaruro imyanda ikusanywa witezweho gukemura...