MU Rwanda
Ku bufatanye na ITEL Rwanda, MTN yashyize ku isoko telefoni...
Kur’uyu wa gatanu, ku ya 24 Werurwe (03) 2023, MTN Rwanda yashyize ku isoko telefoni zigezweho [smartphone] zikoreshwa internet ya...
Abarumwa n’inzoka barasabwa kwirinda ingaruka, bakayoboka...
Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima mu Rwanda, RBC, kirasaba abantu kwihutira kujya kwa muganga igihe barumwe n’inzoka kugira ngo bahabwe...
Abaturage bibagira inyama zo kurya baravuga ko bagowe n’icyemezo...
Abaturage bibagira inyama zo kurya mu ngo zabo baravuga ko badafite ubushobozi bwo kugura ibyuma bikonjesha. ikigo cy’Igihugu gishinzwe...
Muhanga: Arasaba kurenganurwa nyuma y'imyaka 7 inzu ye...
Mu Karere ka Muhanga Umubyeyi witwa Nikuze Vestine aravuga ko yarenganyijwe n’abayobozi bo mu nzego z’ibanze mu myaka 7 ishize ubwo...
Ingo zibana bitemewe n'amategeko , imwe mu mpamvu zitera...
Hari bamwe mu baganiriye na Isango Star bagaragaza ko ukubana kw’abashakanye mu buryo butemewe n’amategeko ari bimwe mu bitiza imbaraga...
Nyabihu - Arusha : Abaturage bagiye batanga amafaranga...
Abaturage bo mu murenge wa Bigogwe mu kagari ka Arusha baravuga ko batswe amafaranga ibihumbi 60,000 by'amafaranga y'u Rwanda kugirango...
Abaguzi barasabwa kugenzura ko ibyo baguze bitarengeje...
Abaturage baravuga ko batajya bibuka kureba niba ibyo bahahiye mu maguriro bitarengeje igihe kuburyo bitagira ingaruka ku buzima bwabo....
Minisiteri y’ubuzima yasabwe guhagurukira ikibazo cy’uburwayi...
Abadepite barasaba ministeri y’ubuzima guhagurukira ikibazo cy’indwara zo mu mutwe zikomeje kugaragara cyane mu Rwanda. MINISANTE...
Abayobozi b’urubyiruko mu turere tw’intara y’Iburasirazuba...
Abayobozi b’urubyiruko mu turere tw’intara y’Iburasirazuba bagiye guhabwa moto kugira ngo zijye zibafasha mu kurwanya ibyaha birimo...
Bamwe mu bafite uburwayi bwo mu mutwe barinubira akato...
Bamwe mu bafite uburwayi bwo mu mutwe baravuga ko hari igihe bakorerwa ihohoterwa cyangwa bakimwa serivise runaka igihe bazikeneye,...
Kiny
Eng
Fr





