MU Rwanda
Hari ikibazo ku bijyanye n’imvugo z’urwango - Col Deo Mutabazi
Mu nama yo gutangiza imirimo ya Komite ishinzwe by’umwihariko ibikorwa byo kubungabunga amahoro, Umujyanama mu by’Ingabo n’Umutekano...
Hasobanuwe impamvu hari abasorera ubutaka bugenewe imiturire...
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Arakwiye Bernadette, yasobanuriye Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite impamvu abaturage basorera ubutaka...
Hagiye gukazwa ingamba zo kurwanya inzoga zitujuje ubuziranenge...
Nyuma y’aho hagaragajwe ko inzoga zitujuje ubuziranenge zihitanye abantu 28 mu karere ka Bugesera, abarenga 200 bakajyanwa kwa muganga,...
Urukiko rw’Ikirenga rwagaragaje serivisi mbi nk’icyuho...
Serivisi mbi zitangwa mu nkiko zimwe na zimwe mu Rwanda zatunzwe agatoki nk’imwe mu ntandaro ya ruswa, aho abayobozi bakuru mu butabera...
Kigali: Polisi yafashe inzoga zitujuje ubuziranenge litiro...
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali ifatanije n’inzego z’ibanze, abakozi b’ikigo gishinzwe ibiribwa (FDA) ndetse n’abaturage...
Nduhungirehe yashimangiye ko ibihano ku Rwanda nta gisubizo...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier J. Patrick Nduhungirehe, yatangaje ko ibihano bisabirwa u Rwanda ku kibazo cy’umutekano...
Afurika mu rugendo rwo kwigira: Hatangijwe imishinga mishya...
Mu gihe isi ikomeje guhura n’ihindagurika rikomeye ry’ubukungu, politiki n’imikoranire mpuzamahanga, Afurika yatangiye icyiciro gishya...
"Ese amahanga azakomeza kurebera RDC ikoresha abacanshuro?"...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, aribaza niba umuryango mpuzamahanga uzakomeza kurebera Repubulika...
Amajyaruguru: Polisi yamennye litiro zisaga 10.000 z’ibinyobwa...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu bice bitandukanye mu Ntara y’amajyaruguru yakoze umukwabu wo gufata no kwangiza ibinyobwa bitemewe, bigira...
Hagaragajwe ko mu nzego z'ubucamanza harimo ruswa n'icyo...
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Domitilla Mukantaganzwa, yatangaje ko ruswa igikigaragara mu nzego z’ubucamanza mu Rwanda, agaragaza...
Kiny
Eng
Fr





