MU Rwanda
Amacumbi mashya ari kubakwa Huye: igisubizo ku bibazo by'abanyeshuli...
Nyuma y'aho abiga muri kaminuza zihabarizwa zirimo na kaminuza y'u Rwanda, bagaragarije ko babangamiwe n'ubuke bw'amacumbi n'ubukode...
Gutanga impyiko: ni ubutabazi cyangwa kwishyira mu kaga?
Mu gihe gutanga urugingo rw'impyiko ari ugutanga ubuzima, hari abaturage bo mu ntara yIburasirazuba bavuga ko batahirahira batanga...
Utubari ducuruza amasaha yose duteza umutekano muke, Polisi...
Mugihe hari amasaha yagenwe yo gufunga no gufungura utubari kugirango abatujyamo babanze mu yindi mirimo ituma babasha kubaho, hari...
Huye: imihanda yo mu bishanga idakozwe iteza ingaruka umusaruro...
Abahinzi b'umuceri barasaba ko imihanda yo mu bishanga yatunganywa kuko imodoka ziza kubatwarira umusaruro zigorwa kandi imbaraga...
Kamonyi: Abayobozi b'imidugudu barasaba ubufasha mu kurwanya...
Abayobozi b'imidugudu igize Aka karere barasaba ko bahabwa ubufasha bwihariye mu kurwanya ibyaha byo gukubita no gukomeretse, ubujura,...
Rusizi: abaroba n'abatunganya isambaza baracyagowe n'ubuziranenge
Abakora uburobyi bw'isambaza n'abatunganya umusaruro wazo baravuga ko umusaruro uri kuboneka wahaza mu mirire ariko hari abakigorwa...
Hari abakeka ko amata y’amasukano bagura yaba avangwamo...
Hari Abanyarwanda bavuga ko aho bagura amata y’amasukano basanga atabaryohera bagakeka ko yaba avangwamo amazi, ndetse n’isuku idakwiye...
Urubyiruko rurasabwa guhangana n'abagoreka amateka y'u...
Kuri uyu wa Kabiri, Minisiteri y'ubumwe bw'abanyarwanda n'inshingano mboneragihugu (MINUBUMWE) yakomereje mu turere tugize umujyi...
Harimo uwakoraga ishimishamubiri rishingiye ku gitsina,...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rweretse itangazamakuru abantu batatu bakekwaho ibyaha byo kuriganya abantu bitwaje kubashakira...
Turi gushaka ko za kaminuza zitajya kure y'ibitaro ahubwo...
I Kigali hateraniye inama y’iminsi ibiri ihuje abayobozi ba za kaminuza zigisha ubuvuzi muri Afurika ahari kurebwa uko hazamurwa ireme...
Kiny
Eng
Fr





